Perezida w’Amerika Joe Biden aragirira uruzinduko muri Israel kuri uyu wa gatatu mu kwifatanya n’iki gihugu no kuganira n’abategetsi bacyo kuri gahunda y’intambara gihanganyemo n’umutwe wa Hamas...
Bamwe mu batwara abagenzi ku magare mu Mujyi wa Kigali, bavuga ko Inzego zibashinzwe zigira uruhare mu gutuma bakora impanuka, aho babirukankana babaka ibyangombwa nabo mu gihe babahunga bakaba...
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP) Felix Namuhoranye, kuri uyu wa Kane tariki ya 5 Ukwakira, yakiriye ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru, itsinda ry’intumwa zo muri Qatar. Ni...
Inzego zishinzwe umutekano muri Uganda, zataye Bobi Wine muri yombi ubwo yari ageze ku Kibuga cy’indege cya Entebbe avuye muri Afurika y’Epfo. Impamvu y’itabwa muri yombi rya Bobi Wine...
Abakuru b’agatsiko ka gisirikare kahiritse ubutegetsi muri Niger bavuga ko badashobora kwemera uruzinduko rwo ku rwego rwo hejuru rw’abadiplomate bo mu muryango w’ubukungu w’ibihugu byo muri Afurika...
Ni umuhango wabereye mu Ishuri rya Polisi rya Gishari riherereye mu karere ka Rwamagana mu Ntara y’Iburasirazuba. Minisitiri w’Intebe yashimiye abapolisi basoje amahugurwa kuri uyu wa Gatatu, ku...
Izi nkingo zatanzwe n’igihugu cy’u Bufaransa binyuze muri gahunda ya Covax igamije kugeza inkingo kuri bose. Minisitiri w’Ubuzima Dr Daniel Ngamije niwe wakiriye izi nkingo ku ruhande rw’u Rwanda...
Abo banyarwanda barimo abagabo 29, abagore icyenda n’abana icyenda. Bose bashinjwa ko binjiye muri Uganda mu buryo bunyuranyije n’amategeko nubwo kuva mu 2017 kimwe n’abandi bagiye bashinjwa icyo...
Ubuyobozi bw’intara ya Muyinga iherereye mu majyaruguru y’u Burundi, bwakuyeho icyemezo cyari cyafashwe n’ishuri cyo gusaba abakobwa amafaranga yo kwipimisha inda, naho abahungu bagatanga ay’uko...
Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe iterambere (UNDP) n’Ikigo cya Koreya y’Epfo gitsura Amajyambere (KOICA) yatangije Ikigega kirimo miliyoni 500Frw, kigamije...
Perezida Kagame yagiranye ikiganiro n’abajyanama be cyabaye hifashishijwe ikoranabuhanga, kigaruka ku buryo bwo guhangana n’ingaruka zatewe n’icyorezo cya COVID-19 cyugarije Isi. Iki kiganiro...
© Umucyo - All rights reserved. Designed by The Click