Minisiteri y’Ubuzima iratangaza ko 90% by’abantu bapfuye bazize icyorezo cya Covid-19 mu Rwanda, bari basanzwe barwaye indwara zitandura, ikaba ari yo mpamvu hakenewe kongerwa ingufu mu kuzirwanya....
Kubabara no kugira agahinda ni ibintu bikunze kuba ku bantu benshi kandi biranga ubuzima tubamo, akenshi tugerageza kubirwanya bikanga kuko tutaba tuzi icyo twabikoraho. Mu gihe wisanze ubabaye...
Ese waba wibaza impamvu ushobora kuba wibagirwa vuba ? Waba ujya wibaza igituma umuntu runaka yibuka ibyo yabonye byose undi akaba atabara inkuru n’imwe yabonye ?. Indwara yo kwibagirwa...
Vitiligo cyangwa se indwara y’ibibara nk’uko Abanyarwanda bayita ni indwara ifata uruhu, igatuma rutakaza ibara ryarwo risanzwe, ikarangwa n’amabara y’umweru aza ku ruhu. Nk’uko bisobanurwa...
Ugiye kubarura abantu barya imbuto, imboga rwatsi, banywa amazi, usanga ari bake cyane ku buryo usanga hari n’ababyirengagiza nkana. Nyamara, ubushakashatsi bugaragaza ko ari ingenzi mu buzima bwa...
© Umucyo - All rights reserved. Designed by The Click